Ibikorwa bya Minisiteri byo kwegera abantu

Kwegera abantu ni ukwizera gushyizwe mu bikorwa kandi bigaragaza kurushaho ibyo tuvuga n'ibyo dukora byose muri Derek Prince Ministries.

Hibanzwe ku bikenerwa byihariye mu murimo cyangwa uturere twihariye hirya no hino ku isi, ibikorwa byacu byo kwegera abantu biri ku isonga mu guhindura abantu abigishwa ba Kristo; gushyigikira no guha imbaraga abizera ngo bakure mu mwuka.

Mu buryo bufatika, ibi bikubiyemo guhindura inyigisho mu ndimi abantu bumva bimaze kugera hirya no hino, gukora no gukwirakwiza ibikoresho byo kwigisha no gutoza abigishwa ngo bahindure abandi abigishwa. Ibindi bikorwa byo kwegera abantu bikubiyemo inkunga ku baturage bakennye ndetse n’abakristu bahura n’itotezwa kubera kwizera kwabo.

External website link icon

External website link icon

External website link icon

Kwegera abantu mu Rwanda

Ni ikifuzo cyacu kivuye ku mutima kugera ku baturarwanda no gutoza abizera kuba abigishwa bashikamye mu gihugu hose. Kugira ngo tubigereho, turi guhindura mu Kinyarwanda no gukwirakwiza inyigisho za Derek Prince, harimo ibitabo n'inzandiko zo kwigisha kugira ngo abigishwa bahabwe ubushobozi bwo guhindura abandi abigishwa. Mu gihe cya vuba tuzatangira gukora inyigisho z'amajwi, videwo n'ibindi byinshi. Twanejejwe cyane n'uko byakiriwe kugeza ubu ariko kandi turabizi neza ko hari andi mahirwe menshi adutegereje.

Turagusaba ngo usenge kandi utere inkunga y'amafaranga umurimo wacu wo kwegera abantu mu Rwanda.

White heart icon
Tanga inkunga

Kwegera Abantu

Kugera ku bazimiye no gutoza abigishwa guhindura abandi abigishwa binyuze mu bikorwa bifatika byo kwegera abantu bizana itandukaniro nyaryo.

Share notification iconFree gift iconBlack donate icon

Umumaro ku Isi

Ni ikifuzo cyacu kivuye ku mutima kugera ku baturarwanda no gutoza abizera kuba abigishwa bashikamye mu gihugu hose. Kugira ngo tubigereho, turi guhindura mu Kinyarwanda no gukwirakwiza inyigisho za Derek Prince, harimo ibitabo n'inzandiko zo kwigisha kugira ngo abigishwa bahabwe ubushobozi bwo guhindura abandi abigishwa. Mu gihe cya vuba tuzatangira gukora inyigisho z'amajwi, videwo n'ibindi byinshi. Twanejejwe cyane n'uko byakiriwe kugeza ubu ariko kandi turabizi neza ko hari andi mahirwe menshi adutegereje.

Igikorwa cyo Kwegera Abantu ni iki?

Kwegera abantu ni ukwizera gushyizwe mu bikorwa kandi bigaragaza kurushaho ibyo tuvuga n'ibyo dukora byose muri Derek Prince Ministries.

Hibanzwe ku bikenerwa byihariye mu murimo cyangwa uturere twihariye hirya no hino ku isi, ibikorwa byacu byo kwegera abantu biri ku isonga mu guhindura abantu abigishwa ba Kristo; gushyigikira no guha imbaraga abizera ngo bakure mu mwuka.

Mu buryo bufatika, ibi bikubiyemo guhindura inyigisho mu ndimi abantu bumva bimaze kugera hirya no hino, gukora no gukwirakwiza ibikoresho byo kwigisha no gutoza abigishwa ngo bahindure abandi abigishwa. Ibindi bikorwa byo kwegera abantu bikubiyemo inkunga ku baturage bakennye ndetse n’abakristu bahura n’itotezwa kubera kwizera kwabo.

Ntabwo higeze habaho igihe uyu murimo ukenewe cyane nk'ubu.

White heart icon
Tanga inkunga